Date:

Share:

RDC: Hatangajwe itariki y’amatora

Related Articles

Akanama gashinzwe amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) katangaje ko amatora ya perezida azaba tariki ya 20 Nzeri 2023.

Ni mu gihe muri iki gihugu umutekano muke wibasiye igice cy’iburasirazuba n’intambara ihuje ingabo za leta n’inyeshyamba za M23.

AFP ivuga ko umukuru w’akanama k’amatora muri Congo, Denis Kazadi, yemeye ko umutekano muke ukomeje kubaho mu bice bimwe by’igihugu uzatuma bigorana gukora amatora mu bwisanzure na demokarasi.

Kazadi avuga ko biyemeje gukurikiza ingengabihe y’amatora.

Kugeza ubu Perezida Félix Tshisekedi uri ku butegetsi yamaze kwemeza ko azahatana manda itaha.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles