Date:

Share:

Davido yibarutse impanga

Related Articles

Umuhanzi wo muri Nigeria uzwi nka Davido hamwe n’umugore we Chioma Rowland bibarutse abana b’impanga.

Amakuru avuga ko aba bombi babyariye izi mpanga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ariko ntabwo bo ubwabo barabitangaza  mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Ni abana b’impanga bakiriye nyuma yaho bapfushije umwana wabo w’umuhungu azize impanuka yabaye umwaka ushize.

Icyo gihe ababwiriza butumwa muri Nigeria bahanuye ko Davido azabyara impanga.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles