Umusifuzi Salma Mukansanga yagaragaye mu kibuga afasha gufunga imishumi y’inkweto Perezida Kagame Paul.
Ni umukino wabaye ejo hashize hafungurwa Kigali Pelé Stadium yahoze yitwa Sitade ya Kigali.

Mukansanga anyuze kuri Twitter yagize ati “andi mateka akomeye aranditswe, kuko u Rwanda rukwiye ibyiza. Ruhago ihuza isi yose.”
Perezida Kagame mu kibuga