Itangazo ry’Ingabo z’u Rwanda rivuga ko ibisasu byaguye muri Musanze byakomerekeje abantu benshi ariko nta mubare watangajwe.
RDF mu itangazo ryayo isaba kandi iperereza ku bisasu ingabo za Congo FARDC zohereje mu Rwanda.

Kugeza ubu ntacyo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangaza.