Date:

Share:

Nyamagabe: Hagabwe igitero ku bagenzi bari muri bisi

Related Articles

Mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Kitabi mu ntara y’Amayepfo haravugwa abagizi ba nabi barashe kuri bisi itwara abagenzi.

Abantu babiri bahise bitaba Imana.

Ni amakuru yemejwe na Polisi y’u Rwanda aho ivuga ko bikekwa ko abo bagizi ha nabi Ari inyeshyamba za FNL zarashe iyi bisi yarimo abagenzi abantu babiri  bagahita bitaba Imana.

FNL ni umutwe Bivugwa washinzee na Kayumba Nyamwasa wahunze u Rwanda.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles