Date:

Share:

Perezida Kagame yasuye Nyiramandwa iwe mu rugo

Related Articles

Perezida Kagame Paul yasuye wa mukecuru witwa Rachel Nyiramandwa ukomoka mu karere ka Nyamagabe.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kanama 2022 nibwo Perezida Kagame yakomeje urugendo rw’iminsi ine asura abaturage.

Perezida Kagame Paul yasuye wa mukecuru witwa Rachel Nyiramandwa

Ni uruzinduko ruzenguruka uturere twa Ruhango, Nyamagabe, Nyamasheke na Karongi aho byari biteganyijwe ko asura uyu mukecuru bakunze kugaragara mu mafoto n’amashusho baganira.

Rachel Nyiramandwa ni umukecuru w’imyaka 110 y’amavuko.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles