Date:

Share:

Leta yazamuye umushahara wa mwalimu

Related Articles

Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente yatangaje ko leta yazamuye umushahara wa mwalimu guhera Kanama 2022.

Ibi yabitangarije imbere y’Inteko Inshinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Kanama 2022 mu kiganiro kigaruka ku bikorwa bya guverinoma ku bijyanye n’uburezi mu Rwanda muri NST1.

Biteganyijwe ko abarimu bigisha mu mashuri abanza bazamuriwe umushahara ku kigero cya 88%, angana n’ibihumbi 50 849 by’amafatanga y’u Rwanda, naho abandi bafite A1 na A0 bazamuwe ku kigero cya 40%, angana n’ibihumbi 70 196.

Ni gahunda Minisitiri Ngirente yatangaje kandi ko itangira muri kwezi mu two gushaka Irene ry’uburezi mu Rwanda.

Abarimu bakunze kuvugwa cyane kuba umushahara wabo wari utajyanye n’igihe ugereranyije n’aho iterambere rigeze kandi ibintu bizamuka umunsi ku munsi.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles