Perezida Paul Kagame yahuye n’umuhanzi David Adedeji Adeleke uzwi cyane nka Davido uri mu Rwanda mu iserukiramuco rya Giants of Africa.
Davido biteganyijwe ko azaririmba mu muhango wo gusoza umunsi w’ejo Giants of Africa muri BK Arena.
Nkuko bigaragara kuri Twitter y’Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Davido mu biro bye hamwe n’itsinda bari kumwe.