Date:

Share:

Imbuto 3 z’ingenzi zagufasha gutera akabariro bigatinda

Related Articles

Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo bari hagati ya 20 na 30 ku ijana bafite ikibazo cyo kurangiza vuba igihe barimo gutera akabariro.

Izi ni zimwe mu mbuto wafata cyangwa ukarya mbere y’igikorwa zikagufasha guhangana n’iki kibazo cyo kumara akanya gato:

Umuneke

Urubuto rw’umuneke rufasha mu ikorwa ry’intanga kandi rufasha kongera imbaraga za kigabo (libido). Umuneke wifitemo imyunyungugu ifasha mu kongera imisemburo n’irekurwa ryayo harimo iyo mu bwoko bwa ‘Glucose’.

Avoka

Urubuto rwa avoka narwo rufite akamaro kanini cyane ku muntu ushaka kwishimana nuwe bigatinda.

Avoka ikize kuri vitamin zo mu bwoko bwa C, K na B. Vitamini ya K ikaba ifasha mu itembera ry’amaraso neza mu mubibi kandi avoka igira na poroteyine zifasha kongera ubushake.

Karote

Karote nazo zifite akamaro kanini kuri wowe ugira ikibazo cyo gucika intege mu kanya nkako guhumbya.

Karote igira ‘flavonoids’ na ‘carotenoids’ n’izindi vitamini zongera kandi zifasha imyanya y’ibanga kugira imbaraga. Nazo rero zifasha cyangwa zikarinda umugabo kurangiza imburagihe arimo kwiha akabyizi.

Editor’s note: Ntabwo izi mbuto wazifatira rimwe ahubwo uhitamo rumwe.

Amavangingo y’umugore n’iki, aboneka ate?

- Advertisement -

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles