Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Kevin Hart yagaragaye ari kumwe n’umuryango we i Kigali.
Kevin ugeze i Kigali bwa mbere yagaragaye ari mu iduka ricuruza ibya Made in Rwanda arimo guhaha.
Nta mpamvu iramenyekana yamuzanye mu Rwanda.
Iduka ryitwa Haute Baso niryo ryatanga aya makuru ribinyujije ku rubuga rwabo rwa Twitter rishimira ko yaje kubagurira.
- Advertisement -