Date:

Share:

The Ben yatangaje amatariki y’ubukwe

Related Articles

Umuhanzi The Ben yatangaje amatariki y’ubukwe azashyingiranwa na Uwicyeza Pamella bamaze igihe kinini bakundana.

Anyuze kuri Instagram ye, The Ben, yifashishije videwo aca amarenga ko ubukwe bwe buzaba tariki ya 23 Ukuboza 2023 muri Kigali Conventional Center.

Amakuru yizewe agera kuri The New Times avuga ko amatariki yashyizwe hanze ari ukuri.

Bari bamaze igihe kitari gito bakundana aho banasezeranye imbere y’amategeko tariki ya 31 Kanama 2023.

The Ben yasezeranye na Pamella

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles