Umuraperi Kendrick Lamar ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasesekaye i Kigali mu Rwanda aho aje mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ azahuriramo n’abahanzi barimo abanyarwanda.
Amakuru agaragaza ko Kendrick yage i Kigali ku kibuga mpuzamahanga kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Ukuboza 2023 ahagana saa 6:40 za mu gitondo.

Kendrik yaje agaragiwe n’umufasha we hamwe n’abana be.
‘Move Afrika’ ni igitaramp kizabera muri BK Arena tariki ya 6 Ukuboza 2023 mu mujyi wa Kigali kizahuriramo abandi bahanzi arimo Bruce Melodie, Zuchu ndetse na Ariel Wayz.

- Advertisement -