Date:

Share:

Tembera icyambu kinini mu Rwanda cyuzuye i Rubavu

Related Articles

Mu karere ka Rubavu huzuye icyambu cya mbere mu Rwanda (Rubavu Port) aho ubu kirimo gukora mu buryo bw’igerageza.

Ahagenezwe guparuka amato

Ni icyambu kigezweho cya mbere mu Rwanda mu bunini ndetse n’ifaranga aho cyitezweho guteza imbere ubucuruzi n’ubukerarugendo gahati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).

Abagikoresha batangiye kubona impinduka mu bwikorezi bukorerwa mu mazi

Abagikoresha bavuga hari ari impinduka ikomeye mu bwikorezi bwo mu mazi kuko kubera umutekano, isuku nibindi bikorwaremo byateganyijwe muri iki cyambu.

Image
Sitasiyo ya esanse

Ni icyambu kizuzura gitwaye akayabo ka miliyoni zirenga zirindwi z’amadorali y’Amerika.

Rubavu port yubatswe na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo gishinzwe ubwikorezi no gutwara abantu mu Rwanda (RTDA) ku nkunga ya TradeMark Africa.

Igice cyahariwe abagenzi

Biteganyijwe ko kizajya cyakira abantu barenga miliyoni ku mwaka.

 

- Advertisement -

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles