Guverinoma y’u Rwanda yatangaje kuri uyu Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025 ko yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwabwo mu gihe kitarenze amasaha 48.
Ni umwanzuro Guverinoma ivuga ko ugomba gushyirwa mu bikorwa ako kanya.
U Rwanda ruvuga ko rwawufashe nyuma y’ubushishozi mu ngeri zose bitewe n’imyitwarire yabwo ya gikoloni.

- Advertisement -