Icyayi cy’u Rwanda ni kimwe mu bihagaze neza ku isoko mpuzamahanga no mu karere k’iburasirazuba ahanini bitewe n’uburyohe bwacyo.
ALSO READ: Ngororero district to get a new tea factory
IBISHYA TV yasuye rumwe mu nganda zitunganya icyari rwa Rubaya ruherereye mu Karere ka Ngororero aho rutunganya icyayi abaturage baho bahinga.
Ni icyayi gihingwa ku buso bungana na hegitari ibihumbi 2 000 kandi uruganda rufatanyije n’akarere rushaka kongera ubuso gihingwaho nkuko umuyobozi mukuru warwo, Bwana Jean Mutabazi Havugimana, atangaza.
Reba videwo hano: