Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente byemeje ko abantu 11 ari bo baguye mu mpanuka y’ubwanikiro bw’ibigori abandi bagakomereka.
Ni itangazo risohotse nyuma y’amakuru yiriwe acicikana kuva mu gitondo avuga kuri iyi mpanuka yabereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo.
Leta ivuga ko abakomeretse bari kwitabwaho nubwo nta mubare watangajwe kandi iza gutanga ubufasha bukenewe.

Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe | Communiqué from the Office of the Prime Minister pic.twitter.com/AaBhYDdfSI
— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) February 3, 2023
- Advertisement -