Date:

Share:

RIB yahamagaje Chriss Eazy

Related Articles

Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwahamagaje umuhanzi Nsengiyumva Rukundo uzwi nka Chriss Easy kwitaba ku buhemu ashinjwa.

RIB igaragaza ko ari ihamagara rya kabiri yoherereje Chiss Easy ukunzwe muri iyi minsi ndetse uri mu bahanzi bahaze neza mu Rwanda.

Amakuru avuga ko yari yatumiwe mu gitaramo cyateguwe na Hotel ya Musanze Caves ngo azaririmbemo maze ntiyaboneka.

Ni igitaramo cyari cyateguwe tariki ya 14 Mutarama 2023 aho yari yishyuwe ibihumbi 500 by’amafaranga y’u Rwanda nkuko ubuyobozi bw’iyi hoteli buvuga.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles