Date:

Share:

VIDEO: Umujyi wa Gisenyi mu isura nshya

Related Articles

Umujyi wa Rubavu uzwi cyane nka ‘Gisenyi’ watangiye gufata indi sura nshya nk’umwe mu mijyi yunganira umurwa mukuru wa Kigali.

Gisenyi ni umujyi uherereye ku mupaka w’igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo usanzwe ufatwa nk’igicumbi cy’ubukerarugendo n’ishoramari.

Ibikorwa bitandukanye biragenda bizamurwa birimo gare igezweho yamaze kuzura igice cyayo cya mbere, imiturirwa itandukanye irimo amahoteli, inzu z’ubucuruzi nabyo biragenda bizamurwa umunsi ku wundi.

Ibikorwaremezo nabyo birimo imihanda ya kaburimbo nabyo birimo kubakwa.

Utembereye muri uyu mujyi ubona ko urimo kugenda ufata indi sura itandukanye n’imyaka yashize, ibintu byinshi birimo guhinduka.

Ihere ijisho!

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles