Date:

Share:

Harmonize yemeje ko ari mu rukundo n’umunyarwandakazi

Related Articles

Umuhanzi Harmonize ukomoka muri Tanzania yemeje ko ari mu rukundo n’umunyarwandakazi wiyita Yolo The Queen .

Ibi abitangaje nyuma yaho yatangaje ko ari ‘single’ cyangwa nta mukunzi afite abinyujije no mu ndirimbo yise Single Again.

Ni indirimbo yashyize hanze nyuma yo gutandukana na Fridah Kajala.

Yolo The Queen

Anyuze kuri Instagram ye, Harmonize yasabye The Queen ko yirinda ko hagira umuntu wese umutesha umutwe.

Yagize ati “Ndagukunda Phiona, ntukagire umuntu wese wemerera ko agutesha umutwe igihe ngihumeka.”

Yolo The Queen n’umukobwa wamamaye ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda no hanze wigaruriye imitima ya benshi harimo n’umuraperi Drake.

Amakuru avuga ko kugeza ubu Harmonize yamuguriye inzu atuyemo mu mujyi wa Kigali.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles