Date:

Share:

Trump yahamwe n’icyaha cyo gufata ku ngufu

Related Articles

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yahamwe n’icyaha cyo gufata ku ngufu umunyamakurukazi E. Jean Carroll.

Ni icyaha cyakozwe mu 1996.

Trump uhakana ko atazi uyu munyamakurukazi yahanishijwe akayabo ka miliyoni eshanu z’idorali.

Carroll yareze Trump ko yamufashe ku ngufu maze nyuma aza kumwihakana avuga ko atari ku rwego rwe ahubwo yashakaga kumenyekana akoresheje izina rye.

Yatanze ikirego umwaka ushize muri New York State Aduld Survivors Acts.

CNN ivuga ko Trump atigeze yitabira iburanisha na rimwe .

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles