Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yahamijwe icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha akatirwa gufungwa imyaka ibiri n’ihazabu ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.
Urukiko rwamuhanaguyeho icyaha cyo guhohotera umutangamakuru.
Ubushinjacyaha bwari bwamusabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda.
Nkundineza yatawe muri yombi tariki 16 Ukwakira 2023.
- Advertisement -