Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko abantu babiri bagaragayeho indwara y’ubushita bw’inkende.
Daily Monitor ivuga ko aba bantu babiri ari abo mu Karere ka Kasese, aho bayanduye bayivanye mu gihugu cy’igituranyi cya DR Congo .
Uganda itangaje ubwandu bwa Mpox nyuma ya Kenya n’u Rwanda.
- Advertisement -