Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) rwatangaje ko Munyangeyo Dieudonné Kennedy wai umubozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’igihe kinini agaragaraho imyitwarire mibi.
RBA yemeje aya makuru biciye mu itangazo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ukwakira.
Ntabwo itangazo risobanura neza imyitwarire uyu muyobizi azize.

- Advertisement -