Date:

Share:

Chameleone ugiye kuza mu Rwanda ararembye

Related Articles

Umuhanzi Jose Chameleon arwariye mu Bitaro bya Nakasero mu gihe ategerejwe kuza kuririmbira i Kigali.

Uyu muhanzi yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga bigaragara ko atameze neza nkuko amashusho abigaragaza.

Jose Chameleone, umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda kugeza ubu  indwara arwaye ntiramenyekana.

Muri videwo irimo ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Chameleone bigaragara ko atameze neza.

Ubuzima bwe busa nkaho butameze neza kuko agaragaza ibimenyetso by’ububabare n’uburibwe.

Kugeza ubu indwara arwaye ikomeje kuba urujijo kuko mu myaka itatu ishize ajya mu bitaro akongera agataha.

Chameleon agiye gutaramira i Kigali

- Advertisement -

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles