Umuhanzi Jose Chameleon arwariye mu Bitaro bya Nakasero mu gihe ategerejwe kuza kuririmbira i Kigali.
Uyu muhanzi yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga bigaragara ko atameze neza nkuko amashusho abigaragaza.
Jose Chameleone, umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda kugeza ubu indwara arwaye ntiramenyekana.
Muri videwo irimo ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Chameleone bigaragara ko atameze neza.
Ubuzima bwe busa nkaho butameze neza kuko agaragaza ibimenyetso by’ububabare n’uburibwe.
Kugeza ubu indwara arwaye ikomeje kuba urujijo kuko mu myaka itatu ishize ajya mu bitaro akongera agataha.
- Advertisement -