Date:

Share:

Undi mudepite yeguye

Related Articles

Depite Kamanzi Ernest wari uhagarariye urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko yatanze ibaruwa y’ubwegure bwe ku mwanya yari afite nk’intumwa ya rubanda.

Abaye Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.

Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yatangaje ko uyu mudepite yeguye ku wa Gatatu avuga ko ari ku mpamvu ze bwite.

Ku rundi ruhande amakuru avuga ko yari amaze iminsi afungiye i Huye nyuma yo gufatirwa mu muhanda atwaye imodoka  yasinze.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles