Date:

Share:

Abicuruza bari benshi i Davos muri ‘World Economic Forum’

Related Articles

Umubare w’abakora uburaya warazamutse mu nama yiga ku bibazo byugarije isi yaberaga mu gihugu cya Switzerland ihuje ibikomerezwa.

Bivugwa ko abicuruza nabo batari batanzwe muri iyi nama ahubwo bayitabiriye ku bwinshi.

Muri Switzerland habereye inama ya World economic Forum 2023 kwicuruza byemewe n’amategeko.

Umwe mu bakora uburya witwa Liana yavuze ko aca amadorali 760 hafi ibihumbi 800 by’amafaranga y’u Rwanda ku isaha naho ijoro agaca ibihumbi 2 500 angana na miliyoni hafi eshatu hiyongeyeho amafaranga y’urugendo.

Muri 2020 nibwo ikinyamakuru The Times cyakoze ubucukumbuzi gisanga nibura indaya 100 zaritabiriye iyi nama i Davos nkuko umwe mu Polisi yatangaje.

Hafi abantu 600 barimo abakururu b’ibihugu na za guverinoma nibo bitabiriye inama iheruka imara iminsi ine.

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles