Date:

Share:

Hasobanuwe iby’umutingito wumvikanye mu Rwanda

Related Articles

Ahagana saa 4:30 za nimugoroba humvikanye  umutingito hafi mu gihugu cyose wari ku gipimo cya 5.1.

Ikigo cy’Igihugu gifite mu nshingano imitingito (Rwanda Seismic Monitor) cyatangaje ko waturutse mu Karere ka Karongi utewe n’ingufu ziba mu nda y’Isi.

Kugeza ubu nta byangiritse biramenyekana.

Abatuye mu mijyi ya Kigali, Rubavu, Musanze na Huye bavuga ko bawumvise kandi wari ukaze nkuko ku mbuga nkoranyambaga babigaragaje.

Umwe yagize ati “Uyu mutingito ko waruremereye namwe murawumvise ra?”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles