Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, akomeje kwicuza impamvu yakoze ubukwe na Idrissa Jean Luc Ouédraogo.
Mu butumwa burebure yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu rurimi rw’Icyongereza, Vestine yavuze ko abayeho ubuzima atishimiye...
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije mu Rwanda (REMA) cyamaganye amakuru arimo gucicikana avuga ko hari ibyago byinshi byo guturika kwa gaze iri mu kiyaga cya...
Umuryango wita ku buzima wa Aids Healthcare Foundation (AHF Rwanda) watanze udukingirizo ibihumbi birenga 20 mu minsi umunane gusa umaze ukora ubukangurambaga ku kwirinda agakoko...
Akarere ka Rubavu gatangaza ko muri gahunda nshya ya 'Rubavu Nziza' igamije guteza imbere ubukerarugendo harimo inyigo nshya yo guhindura ‘Beach’ iherereye ku kiyaga cya...
Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Kevin Hart yagaragaye ari kumwe n’umuryango we i Kigali.
Kevin ugeze i Kigali bwa mbere yagaragaye ari mu iduka ricuruza ibya...
Ikipe ya APR FC, yamaze kumenyesha abakinnyi 10 ko batazakomezanya abandi babiri babwirwa ko bagiye gutizwa.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hatangajwe abakinnyi bagomba gusohoka...