ENGLISH

AMAKURU

UBUZIMA

Umuraperi Kendrick Lamar yageze i Kigali

Umuraperi Kendrick Lamar ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yasesekaye i Kigali mu Rwanda aho aje mu gitaramo cya 'Move Afrika' azahuriramo n'abahanzi barimo abanyarwanda. Amakuru agaragaza ko Kendrick yage i Kigali ku kibuga mpuzamahanga kuri...

udushya

LATEST POSTS

Musanze: Haravugwa abagore ‘batera kaci’

Mu karere ka Musanze haravugwa abagore bitwikira ijoro bakambura abaturage utwabo ku ngufu, ibyo bamwe bakunze kwita 'gutera kaci'. Ni imyitwarire mibi yagarutsweho n'Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu...

Rubavu: Amatora ya meya mushya yasubitswe

Komisiyo y’Amatora (NEC) yasubitse amatora yo gusimbuza abajyanama no gutora Meya mushya uzasimbura Kambogo Ildephonse. Ni itangazo NEC yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya...

AMAFOTO: Umunyarwenya Kevin Hart ari mu Rwanda

Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Kevin Hart yagaragaye ari kumwe n’umuryango we i Kigali. Kevin ugeze i Kigali bwa mbere yagaragaye ari mu iduka ricuruza ibya...

APR FC yirukanye abakinnyi 10

Ikipe ya APR FC, yamaze kumenyesha abakinnyi 10 ko batazakomezanya abandi babiri babwirwa ko bagiye gutizwa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hatangajwe abakinnyi bagomba gusohoka...

Gutwara imirambo byinjiriza agatubutse Uganda Airlines

Sosiyete y'indege ya Uganda Airlines itwara abantu n'ibintu itangaza ko ikiraka cyo gutwara imirambo kinjiza agatubutse kurusha ibindi kuko iyo babaze ibiro usanga umurambo umwe...

Umusirikare w’u Rwanda yarasiwe muri Centrafrique

Umusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Centrafrique (Minusma) yishwe arashwe mu gitero cyagabwe n’abitwaje intwaro kuri uyu wa Mbere ubwo yari...

Minisitiri w’Umutekano yakomoje kuri DRC yigambye gutera u Rwanda

Minisitiri w'Umutekano Alfred  Gasana yavuze ko igihugu cy'abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyigambye gutera u Rwanda kitazabigeraho igihe abaturiye umupaka nabo bagize...

Kagame yasobanuye impamvu tariki ya 4 Nyakanga ari nka Bonane

Perezida Paul Kagame avuga ko umunsi wo kwibohora uba tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka awufata nka Bonane kuko benshi ari bwo batangiye ubuzima. Ni amagambo...

Imbamutima za Mulindwa ugiye kuyobora Rutsiro

Mulindwa Prosper wagizwe Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro yashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame wamugiriye icyizere yizeza guha agaciro buri wese. Ni amagambo yatangaje nyuma yaho...