Komisiyo y’Amatora (NEC) yasubitse amatora yo gusimbuza abajyanama no gutora Meya mushya uzasimbura Kambogo Ildephonse.
Ni itangazo NEC yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya...
Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Kevin Hart yagaragaye ari kumwe n’umuryango we i Kigali.
Kevin ugeze i Kigali bwa mbere yagaragaye ari mu iduka ricuruza ibya...
Ikipe ya APR FC, yamaze kumenyesha abakinnyi 10 ko batazakomezanya abandi babiri babwirwa ko bagiye gutizwa.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hatangajwe abakinnyi bagomba gusohoka...
Perezida Paul Kagame avuga ko umunsi wo kwibohora uba tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka awufata nka Bonane kuko benshi ari bwo batangiye ubuzima.
Ni amagambo...