ENGLISH

AMAKURU

UBUZIMA

Vestine aricuza impamvu yakoze ubukwe

Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, akomeje kwicuza impamvu yakoze ubukwe na Idrissa Jean Luc Ouédraogo. Mu butumwa burebure yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu rurimi rw’Icyongereza, Vestine yavuze ko abayeho ubuzima atishimiye...

udushya

LATEST POSTS

Haciwe impaka ku iturika ry’ikiyaga cya Kivu

Ikigo cy'Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije mu Rwanda (REMA) cyamaganye amakuru arimo gucicikana avuga ko hari ibyago byinshi byo guturika kwa gaze iri mu kiyaga cya...

Rubavu: Hatanzwe udukingirizo 20 000 mu cyumweru kimwe

Umuryango wita ku buzima wa Aids Healthcare Foundation (AHF Rwanda) watanze udukingirizo ibihumbi birenga 20 mu minsi umunane gusa umaze ukora ubukangurambaga ku kwirinda agakoko...

Rubavu: ‘Public Beach’ igiye kwagurwa

Akarere ka Rubavu gatangaza ko muri gahunda nshya ya 'Rubavu Nziza' igamije guteza imbere ubukerarugendo harimo inyigo nshya yo guhindura ‘Beach’ iherereye ku kiyaga cya...

Musanze: Haravugwa abagore ‘batera kaci’

Mu karere ka Musanze haravugwa abagore bitwikira ijoro bakambura abaturage utwabo ku ngufu, ibyo bamwe bakunze kwita 'gutera kaci'. Ni imyitwarire mibi yagarutsweho n'Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu...

AMAFOTO: Umunyarwenya Kevin Hart ari mu Rwanda

Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Kevin Hart yagaragaye ari kumwe n’umuryango we i Kigali. Kevin ugeze i Kigali bwa mbere yagaragaye ari mu iduka ricuruza ibya...

APR FC yirukanye abakinnyi 10

Ikipe ya APR FC, yamaze kumenyesha abakinnyi 10 ko batazakomezanya abandi babiri babwirwa ko bagiye gutizwa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hatangajwe abakinnyi bagomba gusohoka...

Gutwara imirambo byinjiriza agatubutse Uganda Airlines

Sosiyete y'indege ya Uganda Airlines itwara abantu n'ibintu itangaza ko ikiraka cyo gutwara imirambo kinjiza agatubutse kurusha ibindi kuko iyo babaze ibiro usanga umurambo umwe...

Umusirikare w’u Rwanda yarasiwe muri Centrafrique

Umusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Centrafrique (Minusma) yishwe arashwe mu gitero cyagabwe n’abitwaje intwaro kuri uyu wa Mbere ubwo yari...

Minisitiri w’Umutekano yakomoje kuri DRC yigambye gutera u Rwanda

Minisitiri w'Umutekano Alfred  Gasana yavuze ko igihugu cy'abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyigambye gutera u Rwanda kitazabigeraho igihe abaturiye umupaka nabo bagize...